Mu bigaragara n uko rwose ibyo mwakora byose biri mu nyungu zo kurengera ubuzima bw umuturarwanda nk uko gahunda za leta y u Rwanda imeze. gusa turasabako mwakorohereza uwifuza kugumya agerageza gukora ndetse n amanota akajya atangazwa mu gihe kitarambiranye bityo bigafasha kubona ibyangombwa kubashoboye gutsinda ndetse n uwatsinzwe akamenya aho ahagaze. murakoze cyane.