ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA GUKORA IKIZAMINI

ITANGAZO RIGENEWE ABASABA GUKORA IKIZAMINI

Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Abaforomokazi,Abaforomo n’Ababyaza (NCNM) buramenyesha abifuza kwiyandikisha kugira ngo bakore ikizamini (licensing examination) kibemerera kwandikwa no gukora umwuga, ko icyo gikorwa cyo kwiyandikisha cyatangiye guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 06 kikaba kizarangira tariki ya 31 Mutarama 2022 saa kumi n’imwe (17:00) z’umugoroba. Kwiyandikisha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga unyuze ku rubuga: www.ncnm.rw ugakurikiza amabwiriza.

 

Icyitonderwa: Abemerewe kwiyandikisha ni abarangije amashuri y’ubuforomo n’ububyaza ntibabashe gukora ikizamini ndetse n’abagikoze bagatsindwa ariko bakaba bari mu cyiciro cya mbere (CAT1) kandi bataragikoze inshuro zirenze enye (4).

 

Mugire amahoro.

 

Kigali, kuwa 06/01/2022

Ubuyobozi bwa NCNM.

 

======================================================================

 

ANNOUNCEMENT FOR APPLICANTS FOR LICENSING EXAMINATION

The Management of the National Council of Nurses and Midwives (NCNM) informs those who wish to apply for the licensing examination that the registration process has started today, Thursday 6th and will close on January 31st, 2022 at 05:00pm. The application is made through www.ncnm.rw and then you follow the instructions.

NOTE: Those who are eligible to apply are nursing and midwifery graduates who have not yet sat for the exam and those who sat for it, but failed and are in category one (CAT1). Those people must not have sat for the exam more than four times (4).

Stay safe.

Kigali, January 6th 2022

The management of NCNM

 




Comments


Post your Comment Here


 (required)
 (will not be published) (required)
 
Home
Follow Us