ITANGAZO RIMENYESHA

Mu rwego rwo gukomeza kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19 hashingiwe ku ngamba n’amabwiriza bya Leta y’u Rwanda,

Inama y’Igihugu y’Abaforomokazi, Abaforomo n’Ababyaza (NCNM) yongeye kwibutsa abayigana bayisaba serivisi zinyuranye ko izi serivisi zizakomeza gutangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga uhereye kuwa Mbere tariki ya 01/06/2020.

Abakeneye serivisi za NCNM cyangwa se bifuza kugira icyo babaza bashobora gukoresha inzira z’itumanaho zisanzweho  ari zo zikurikira:

Urubuga rwa NCNM: www.ncnm.rw

Twitter: @NCNMRwanda

Facebook: National Council of Nurses and Midwives

Instagram: @NCNM2008Rwanda

LinkedIn:NCNM/Rwanda

Umurongo wa telefoni: 0788386969 cyangwa ubutumwa bugufi cyangwa WhatsApp

Email address: info@ncnm.rw

Ku bakoresha n’abandi bireba bose, abo ibyangombwa byabo byabonetse bazakomeza kubireba mu buryo bw’ikoranabuhanga banyuze aha hakurikira:

http://ncnm.rw/applications/check-the-register

 ugashyiramo amazina yawe  cyangwa nomero ya license.

NB: Turabamenyesha ko kuva kuwa Mbere tariki ya 01/06/2020 abemerewe kuza ku cyicaro cya NCNM ari abahamagawe gusa.

Twese hamwe dukomeze kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.

Murakoze!

 

 




Comments


Post your Comment Here


 (required)
 (will not be published) (required)
 
Home
Follow Us